I mulenge kimwe n’ahandi hatandukanye ku isi hagizwe n’uduce dutandukanye twifashishwa mu gutandukanya uko abantu batuye, utu duce mu banyamulenge twitwa uturere. ku mufano twovuga nk’akarere ka Mibunda, Minembwe, Rurambo, Bibogobogo n’ahandi.
Kuri uyu munsi twifuje kubagezaho imwe mu bihana igice akarere ka Bibogobogo nubwo tutayivuga yose.
DORE IMWE MU MIHANA IGIZE AKARERE KA BIBOGOBOGO
- Bibogobogo
- Ku Kagugu
- Ku Kavumu
- Ku Mugorore 1
- Ku Mugorore 2
- Kuri Mugono
- Mu Bivumu
- Mu Magaja 1
- Mu Magaja 2
- Mu Magunga 1
- Mu Magunga 2
- Mu Rupango
- Mu Rurimba 1
- Mu Rurimba 2
- Mu Bikirikiri
- Muri Kabembwe
- Muri Rwindi
- Ngagisozi
- Rutabura
Nkuko twabivuze haruguru ntabwo twabashije kuvuga imihana yose igize akarere ka Bibogobogo atari uko twayirengagije ahubwo nuko twashatse kwifashisha iyi yavuzwe kugira ngo nuwaba atazi aka gace abashe kumenya imwe mu mihana ikagize.
Intego n’ibyifuzo byacu nuko tuzakora uko dushoboye tukabagezaho ho imirara ya buri karere mu rwego rwo kuguma kwiyibutsa imisozi mwiza w’iwacu, buri wese wumva hari icyo yakunganira kuri iyi nkuru watwandikira unyuze aho bandika ibitekerezo.
IWACU NI HEZA!