Menya Ibibera Iwacu
Kugaba Inka
Kugaba Inka-bitandukanye no gutiza, kubera ko intizo uyiragira ari iyanyirayo n’iziyikomokaho zose, kandi bashobora kuyijyana umwanya uwariwo wose. Ntushobora kuyikenuzamo ngo ube wagurisha,byibura akamasa incuke kuko ntabwo iba ariyawe….
Soma ibikurikira
Intambara zahinduye byishi, tugomba kwicara hamwe tukaganira.
Abanyamulenge twahuye n’ibibazo byishi,byatumye duhunga igihugu cacu, twari dusanzwe mo dutuye ,tworoye inka,twiga ndetse ari nako abantu bashingira abana babo. Nyuma y’ibibazo byagiye bitubaho, mukirambi.com yagumije kwibaza hejuru y’umunani…
Soma ibikurikira
Bimwe mubiranga Umunyamulenge.
Abanyamurenge, n’ubgoko butuye muri Kivu yo mumirambizo, ibubyukira zuba bga Congo bakaba batuye muma Zone atatu: mw’Izone yi b’Uvira, mw’Izone y’Ifizi ndetse no mw’Izone y’Imwenga…….
Soma ibikurikira
Ese Umugabo w’inganzwa ni umugabo ki?
1. Umugabo w’inganzwa byaba bisobanura iki?Umugabo w’inganzwa ni umugabo usanga umugore we ariwe ufite ijambo mu rugo.Yashoboraga gutanga inka umugore akayingangira rigahama.. Hari abo abagore babo bakingira ikibaba ….
Som ibikurikira
Amategeko y’Imana, y’Abayuda ndetse n’umuco wa kinyamurenge waruzi ko bigira aho bihurira?
AMATEGEKO Y’IMANA N’UMUCO WA KINYAMULENGE (Kuva 20:1-17, Guteg. 5:6-21 etc.)Amategeko y’Imana n’umuco wa Kinyamurenge ( kuva 20:1-17,Guteg 5:6-21….)Amategeko cumi y’Imana, akubiyemo amategeko….
Soma ibikurikira
Amabarabara y’iwacu, agomba kwitirirwa Intwari zacu
Mukirambi.com, yifuje kuzasaba Communeya Minembwe, ko habaho guca amabarabara m’umuhana wo mu Minembwe,mbere yuko abantu bubaka,kugirango ejo hazaza,hatazabaho ……
Mukirambi.com yaganirije Mzee Denis kudusobanurira “Inka y’ikibero” ico yaba isobanura m’umuco wacu
Mukirambi.com yaganirije Mzee Denis kudusobanurira “Inka y’ikibero” ico yaba isobanura m’umuco wacu.Maze nawe nawe atubgira ko,Inka y’ibibero yahabwaga umuhungu washikije,igatangwa na se w’umuhungu.Iyo nka,yatangwaga mugihe …