Kurinda umuco wacu,n’ishingano za buri wese.

(Ifoto yafashwe k’umunsi w’umuco muri 2015).

Ni keshi twakomeje kuganira ku miterere y’umuco wacu.Twaje gusanga, umuco ari ikintu c’agaciro cane, kuko ubwoko butagifite umuco wabo, ntabwo buba bukicitwa ubwoko. Ahanini, bushobora kurigitira muyandi moko atandukanye, bityo ugasanga ubwoko bushizeh kubera kutita k’umuco wabo.

Tubibutse ko umuco ari uburyo abantu:
bambara amahuzu, ururimi bavuga , imyitwarire yabo, ibyo barya, baca imanza ndetse n’uburyo bwabo bw’imyemerere.

Dukurikije, uko abantu bakomeje guhunga baja mu mahanga yakure, byatumye tugira impungenge, kimwe n’abandi bose ko imico y’ahandi ishobora kuganza uwacu, maze umuco mwiza twasigiwe na basogokuruza ugashiraho. Ibi byaba bibabaje!

Kugira ngo twirinde izo ngaruka zose, nuko
buri wese yakunva ko ar’ishingano ze, zo ku wurinda, kuwukunda, kuwuzirikana, kuwuganira, kuwandika ho ibitabo ndetse no guhora tuwigisha abana bacu. Ibi dusanga bizatuma umuco wacu ukomeza kubaho ndetse bikazatuma natwe tugumiza kuba abo turibo. “Iyo nta muco nta bwoko, ubwoko bugirwa n’umuco”.

Show Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *