Amabarabara y’iwacu,agomba kwitirirwa Intwari zacu

Amabarabara y’iwacu,agomba kwitirirwa Intwari zacu

Mukirambi.com, yifuje kuzasaba Communeya Minembwe, ko habaho guca amabarabara m’umuhana wo mu  Minembwe,mbere yuko abantu bubaka,kugirango ejo hazaza,hatazabaho gusambura ibyubatswe bashaka gushiraho amabarabara.Byaba byiza amabarabara abanje mbere yuko hubakwa.Turizera ko bizokorwa.

Kuri none twagize icifuzo co gusaba abantu bose,ko mu gihe mu Minembwe hazaba haciwe amabarabara, ko twazayitirira abantu bagiye bakora ibikorwa byiza, byagiye bifasha abantu batandukanye.Dusanga ubu buryo buzatuma Intwari zacu zitibagira.

Reka tubagezeho bamwe mubo dusanga bakwitirwa ama barabara y’iwacu,namwe muze kutwibutsa izindi Ntwari.

1.Gisaro – Dép.wambere kandi wamenyekanishije ubgoko bgacu
2.Muhindanyi Street -Yigeze kuja muri Etat major kuvugira ubgoko.
3.Mushishi  -Niwe muntu wambere warwanije Mulele
4.Karucite -Niwe muntu 1 wavuze amajambo y’ubgenge
 5.Kimete  -Umu poète wambere mu Banyamulenge
6.Ruhimbika  -yaciye inzara,ubgo yazanaga imbuto  yarwoya
7.Pastor Kajabika  -Umugabo wemeye mubambere
8.Gakingiye -yari umugiriye/guerrier w’intwari
9.Ntakandi -Umugabo wemeye wambere mu Banyamulenge 10.Nicolas   -Yarwaniriye ubgoko n’igihugu
11.Yagabo  -Yarwaniriye ubgoko n’igihugu
12.Budurege  -Yarwaniriye ubgoko n’igihugu
13.Gakunzi  -Yarwaniriye ubgoko n’igihugu
14.Kanyange  -Umugore wambere w’umunyamulenge wagize ipeta rya officier)
15.Dr.Gitwaza -Ari mu gukoresha imikutano,ikiza imitima yabeshi,ndetse n’amajambere ntayasiga inyuma
17.Dr.Lazare  -Niwe muntu wambere wajanye Univerisité mu Minembwe

Buri wese afite uburengenzira bgo gutanga ibitekerezo bye,kandi bizadufasha twese.
Gaby N B

www.mukirambi.com